Top Songs By Tom Close
Similar Songs
Credits
PERFORMING ARTISTS
Tom Close
Acoustic Guitar
COMPOSITION & LYRICS
Tom Close
Songwriter
Bull Dog
Songwriter
Lyrics
(Intro)
King Tom Close kuri vocal
King Kimosabe kuri flow
B.O.B kuri keyboard
(Chorus)
Uta umwanya wawe untega imitego
hakabura n\'umwe unshibukana
Uvuga hose ko ntacyo nshoboye
ibigwi byange bigwira amanywa n\'ijoro
(Fungura amaso)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
(Verse 1)
Baharanira gusenya ibyo ndimo kubaka
Batega imishibuka ijana nkayisimbuka
bacritika iki cyangwe ngo sinzi gusobeka
Buri uko mfashe umuhanda banyifuriza impanuka
Nakatiye uruganda n\'abana barwo b\'indyarya
Abo banyamuvumo bose bahabwa gatanya
Ndi ka kabi bavuze katagira aho kazajya
Nukazanaho ubuzanga murashinga urubanza
Bene Semuhanuka tuzabana tuguruka
Umunwa ubaye imbunda ubutegetsi babuhirika
Ikinyoma kibaye ukuri ikamba naribambika
N\'ubuhemu bubashizemo gatanya twayisubika.
(Chorus)
Uta umwanya wawe untega imitego
hakabura n\'umwe unshibukana
Uvuga hose ko ntacyo nshoboye
ibigwi byange bigwira amanywa n\'ijoro
(Fungura amaso)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
(Verse 2)
Nakuze nanga amahane kandi nyirinda
ariko na none iyo amazi akubwiye ngo ntunkarabe
uyabwira ko nta mbyiro ufite,
ahari wibwira ko kuba uvuga nkinumira,
aruko nta rurimi ngira.
Kubana nawe nta cyerekezo bifite
kubaho nkawe nasanze ari igihombo.
ngo ibyo nkora ntabyo nzi
ngo aho ngana ntaho nzi
Ntuzi uko nkora, ibyo nkora.
Ntuzi aho mva n\'aho ngana.
(Chorus)
Uta umwanya wawe untega imitego
hakabura n\'umwe unshibukana
Uvuga hose ko ntacyo nshoboye
ibigwi byange bigwira amanywa n\'ijoro
(Fungura amaso)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
(Bridge)
Tandukanya inshuti na Haduyi tangira kugira ubwenge
Tangira kuba muto mu magambo bizakugira umuntu urenze
ngo ibyo nkora ntabyo nzi
ngo aho ngana ntaho nzi
Ntuzi uko nkora, ibyo nkora.
Ntuzi aho mva n\'aho ngana.
Tandukanya inshuti na Haduyi tangira kugira ubwenge
Tangira kuba muto mu magambo bizakugira umuntu urenze
ngo ibyo nkora ntabyo nzi
ngo aho ngana ntaho nzi
Ntuzi uko nkora, ibyo nkora.
Ntuzi aho mva n\'aho ngana.
(Chorus)
Uta umwanya wawe untega imitego,
hakabura n\'umwe unshibukana
Uvuga hose ko ntacyo nshoboye
ibigwi byange bigwira amanywa n\'ijoro
(Fungura amaso)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Urebe Cinema
(Urebe Cinema)
Written by: Bull Dog, Tom Close