Featured In

Credits

PERFORMING ARTISTS
Racine Rwanda
Racine Rwanda
Performer
COMPOSITION & LYRICS
Kamatari Thierry
Kamatari Thierry
Lyrics
PRODUCTION & ENGINEERING
Logic Hit It
Logic Hit It
Mastering Engineer

Lyrics

Nyibagirwa papa wange ndimubi ndakwamye hano namashumi
Life yange ni movie ningufi mbaho nihata amafuri
Truly
Ikiyeri ninkumi saa kumi mines wapeshe amashuri am sorry
Absolutely naje gushira amasoni mbisongi naje gusumba ni shawty
Nta so ko amubona akaba horny
So (police) kukwinjirira nayo ntago ikanda ihoni
Holy spirit nayisize mucyaro nsiga inkoni
Yabashumba kwica intama cyane byo ni hoby
Njya holo muri mind mbyina iza ikoffi
Hello my day byo uyu munsi basi umpe ikofi
Kurwanya ibitotsi ntago binsaba kunkwa coffe
Covid yanyigishije gutera ikofe
Coffin nyigushinguramo unyimye kuba free
Confict zitangira cyane ubwo no francs
Tubana nabajene banaterana ama cobra
Sentiment zabakobwa wapi bamena amakompora
304 304 niyo number yonyine calling kuri phone
Generation iri sad mubihome iriyo Fo
Negereje gupfa kwange ndihiringa nibikunda
Ndakomanga bagafunga
Rero wamwana waruzi
Ankwa ibitabi byibigunda
Nibikunda
Nibihura
Nibirura
Ntiduhuza
Mfunze umutwe ntibi code
Njye ndarura ndinki cunga
Nshuga ,mfite sugar mami niwe unkunda
Bamwe bari kumbuga
Ibandi riri kwa mbuga
Abandi barikwambuka
Abari bagatanyura
Kumyaka icumi nkunda imana
Niba namapera
Kumyaka cuminumwe
Ngira kumva makavera
Kumyaka cumi n'ibiri
Mbakubita acapella
Cumi nitatu
Abakobwa mbagirira ifemba
Cumi nine ndiba
Cumi nitanu ndacoma
Njya kunkwera amatimba
Cumi nitandatu
Ndashoma gusa ndiguhinga
Seventeen mbumuhigi ntangira guhiga
Cumi numunani urota ukora marcelle
Cumi nikenda njya kugurisha aga parcel
Makumyabiri ndirya nigira umu farcel
Vingth un ndanabyimba njya guterura artele
Makumyabiri nibiriri nahunze yorodani
Makumyabiri nitatu Nshegera jordan
24hour nkora gusa kuri 24
Kugeza noheri ntasura home byari fo
Hook
Uzamaturu nakoze kugirango mfate uruganda bro
Uzigitondo nabyutse kugirango mbona umushahara bro
Pfusha musaza kubi mu rwanda bisaba gutyara fo
Uzi ibitambo binsaba kugirambone no kwaka bro *2
Vers 2
Nagize imyaka nkiyo icumi iwacu mpinga amasaka
Ndya ibijumba bikonje ntazi za pillau masara
Ntamirambizo isa niyo imisaya kurutara
Iwacu urumuco umubiri arico nkama rukara
Nâahuye nibuguruka nibinkiza ntibinyica
Nahuye nihene mbi nzizirika. Ahondi kwihisha
Nakoze amarorerwa mfashwe nyuma yaho nkiriza
Ishyari worimbwiriza ndumuntu ndumubwiriza
Data ntampungenge ibyo kwibaza azagarukate
Azabona ibiceri ajye munkumi abanze awukate
Yiyandarike ajye mabuso nyuma yaho azigaye
Ntacyo nanabonye ubanza ari na sida isigaye
Written by: Kamatari Thierry
instagramSharePathic_arrow_out